↧
Rusebagina azahurizwa mu rubanza rumwe na Sankara na Herman.
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko urubanza rwa Paul Rusesabagina ruzahuzwa n’urw’abandi bafunzwe bari mu mutwe wa FLN, barimo umuvugizi wawo Callixte Nsabimana alias Sankara na Herman...
View ArticleUwunganira Paul Rusesabagina Avuga ko Atemerewe Kumubona
Uwunganira Paul Rusesabagina mu mategeko, Umubiligi Vincent Lurquin, aratangaza ko yagiye mu Rwanda akahava adashoboye kumubona. Mu kiganiro yagiranye n’Ijwi ry’Amerika, Maitre Lurquin aravuga ko...
View ArticleRwanda: Isaac Munyakazi wahoze ari umunyamabanga wa leta yakatiwe gufungwa...
Isaac Munyakazi yakatiwe gufungwa imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 10 ku byaha bya ruswa no gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze bwite. Urukiko rukuru rwa Nyarugenge i Kigali niwo...
View ArticleUwari Umushinjacyaha mukuru Mutangana Jean Bosco yatawe muri yombi.
Mutangana Jean Bosco wahoze ari Umushinjacyaha mukuru, yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akaba afungiwe kuri sitasiyo ya RIB i Remera mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali,...
View ArticleUrubanza rwa Robert Nyamvumba: Col Augustin Migabo yararekuwe.
Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan ava i Kigali aravuga ko Col Augustin Migabo wari umaże iminsi afunzwe yarekuwe ariko murumuna we Col Callixte Migabo we yagumye mu buroko....
View ArticleTom Byabagamba yasabiwe gufungwa imyaka 3 ashinjwa “kwiba telephone”
Tom Byabagamba wahoze akuriye abarinda Perezida Paul Kagame ubushinjacyaha mu Rwanda bwamusabiye gufungwa imyaka itatu bumurega ko yakoze ubujura afunze. Icyo gihano gishobora kwiyongera ku myaka 15...
View ArticlePaul Rusesabagina yashyizwe mu rubanza rumwe n’abandi 17
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda, buratangaza ko Dosiye ya Bwana Paul Rusesabagina ukurikiranweho ibyaba birimo iby’ubugome bwayihuje n’iyabandi bantu 17 baregwa ibyaha bimwe. Umuvugizi w’Ubushinjacyaha...
View ArticleHabumuremyi Wigeze Kuba Ministre w’Intebe Yakatiwe imyaka 3 n’ihazabu ya...
Umucamanza mu rukiko rw’ibanze mu Rwanda yahamije Bwana Pierre Damien Habumuremyi icyaha cyo gutanga sheki zitazigamiye amuhanisha gufungwa imyaka itatu muri gereza no gutanga ihazabu ya miliyoni...
View ArticleRusesabagina Yabwiye Urukiko Ko Yashimuswe
Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi mu Rwanda Paul Rusesabagina yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge gusesa icyemezo kimugumisha muri gereza mu gihe ategereje ko urubanza...
View ArticleUrukiko nyafurika rwategetse u Rwanda kwishyura Mugesera Miliyoni 25.
Yanditswe na Ben Barugahare Kuri uyu wa gatanu tariki ya 27 Ugushyingo 2020, urukiko nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu rufite icyicaro Arusha muri Tanzaniya rwemeje ko Leta y’u Rwanda yafashe nabi...
View ArticleLeta y’u Rwanda yategetswe kwishyura Rujugiro asaga miliyoni 480
Yanditswe na Ben Barugahare Leta ya Kigali kuri uyu wa kane tariki ya 26 Ugushyingo 2020 yatsinzwe urubanza mu rukiko rw’umuryango w’Afrika y’uburasirazuba (EACJ) rwerekeye inzu y’ubucuruzi UTC (Union...
View ArticleUbushinjacyaha bw’u Rwanda byashyizeho inyandiko zo gufata Eugène Gasana.
Yanditswe na Ben Barugahare Amakuru yageze kuri The Rwandan tumaze iminsi dukoraho iperereza aravuga Leta y’u Rwanda mu izina ry’Umushinjacyaha Mukuru, Aimable Havugiyaremye yashyizeho inyandiko...
View ArticleKuzira ibisuguti, inzoga na juice uri umuyobozi wa Gereza/Kurikira urubanza...
-Dosiye ya SSP Kayumba na babiri bareganwa igaragaza ko bibye amafaranga akabakaba miliyari icumi (10.000.000.000 FRW) .-Mu byagaragajwe n’urukiko bagiye bayaguramo, harimo za biswi (Biscuits),...
View ArticleDr Kayumba Christopher yasabwe kwitaba kuri RIB ikitaraganya nyuma y’ifatwa...
Dr Kayumba Christopher wahoze ari Umwarimu mu Ishuri ry’Itangazamakuru muri Kaminuza y’u Rwanda yandikiwe ejo hashize tariki 22/02/2021 n’umugenzacyaha muri RIB Niyonkuru Alain Christian kwitaba ariko...
View ArticleDr Christopher Kayumba yarekuwe Nyuma yo guhatwa ibibazo na RIB
Kuri uyu wa kabiri tariki 23 umuvugizi w’urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB), Dr Thierry Murangira yatangarije itangazamakuru ko urwo rwego rwarimo ruhata ibibazo Dr Christopher Kayumba...
View ArticleIDAMANGE YABWIYE URUKIKO KO AFUNZWE MU BURYO BW’AKATO
Yanditswe na Frank Steven Ruta Uyu munsi ku wa kabiri tariki ya 23 Werurwe 2021, nibwo Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza rw’ubujurire bwa Madamu Idamange Iryamugwiza Yvonne,...
View ArticleUrukiko Rukuru rutegetse ko kuburanisha Rusesabagina bizakomeza adahari
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24/03/2021, Muhima Antoine, Perezida w’Urukiko Rukuru, Urugereko Rushinzwe Gukurikirana Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka, yategetse ko iburanisha ry’urubanza...
View Article