Karasira Aimable Yikuye mu Rubanza
Impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu, Aimable Karasira, yatangaje ko yikuye mu rubanza rwe kuko avuga ko nta butabera arwitezemo. Aravuga ko urukiko rumuburanisha arwaye indwara zo mu mutwe aho...
View ArticleUmunyamakuru Cyuma Hassani yabwiye urukiko ko akorerwa iyicwa rubozo
Umunyamakuru Dieudonné Niyonsenga wamenyakanye nka Cyuma Hassan yavugiye mu rukiko ko amaze imyaka itatu afungiye mu mwobo ahantu ha wenyine kandi akubitwa mu buryo buhoraho. None kuwa gatatu Cyuma...
View ArticleAbiciwe Ababo na Kazungu Barasaba Inkiko Gutegeka Kazungu Kwerekana Aho...
Imiryango y’abiciwe na Denis Kazungu barasaba inzego zibishinzwe kumutegeka kubereka aho yashyize imirambo y’ababo kugira ngo babashe kubashyingura mu cyubahiro. Urwego rw’ubugenzacyaha mu Rwanda RIB...
View ArticleKwica no kwica urubozo muri gereza ya Rubavu: Andi makuru yatangiwe mu rukiko
Kuwa mbere imbere y’urukiko i Rubavu mu burengerazuba bw’u Rwanda Ephraim Gahungu wahoze akuriye gereza ya Rubavu yahakanye ibyaha byo kwica no gukorera iyicarubozo bamwe mu mfungwa ndetse no...
View ArticleUmunyamakuru Cyuma Hassani Arasaba Ivugururwa ry’inteko Imuburanisha
Umunyamakuru Dieudonné Niyonsenga uzwi nka Cyuma Hassan n’abamwunganira mu mategeko barasaba kuburanishwa n’inteko y’abacamanza batatu aho kuburanishwa n’umucamanza umwe. Abamunganira mu mategeko...
View ArticleNyanza: Rashid Hakuzimana yashinje urukiko kumwima ijambo no kubogama.
Nyanza, ku itariki ya 8 Gashyantare 2024- urubanza rwa Hakuzimana Rashid, uregwa ibyaha bine birimo guhakana no gupfobya jenoside, rwakomeje mu Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza, mu...
View ArticleEse imfungwa za Politiki nazo zishobora guhabwa uruhushya rwo gutaha ubukwe...
Emmanuel Gasana, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba n’umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, yahawe uruhushya rwo gusohoka muri gereza kugira ngo yitabire ubukwe bw’umuhungu we muri Uganda. Iki...
View ArticleKazungu Wishe Abantu 13 Yasabiwe Igifungo cya Burundu
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda burasabira Bwana Denis Kazungu igihano cyo gufungwa ubuzima bwe bwose no gutanga ihazabu ya miliyoni 10 z’amafaranga y’u Rwanda. Igifungo cya Burundu ni cyo gihano kiremereye...
View ArticleRwanda: Abashinjwa Iyicarubozo Mu Magereza Mu Rwanda basabiwe ibihano
Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu, ku Gisenyi, rwapfundikiye urubanza rw’abagabo 18 baregwa ibyaha by’iyicarubozo bikekwa ko bakoreye muri gereza ya Nyakiriba. Abaregwa barimo abari abayobozi b’amagereza...
View ArticleRDC: Hari abayobozi batangiye gutabwa muri yombi mu gihe hasabwa ko...
Mu ntara ya Nord-Kivu, ubuyobozi bw’inzego z’iperereza mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bwataye muri yombi umuyobozi w’intara w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (ANR),...
View ArticleMunyenyezi n’Abavoka be Bise Ubuhamya bw’Abamushinja ‘Ibinyoma’
Abanyamategeko bunganira Madamu Beatrice Munyenyezi babwiye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko abatangabuhamya bamushinje ibyaha bita “Ibinyoma” mu mugambi wo kumugerekaho urusyo. Ni mu rubanza Munyenyezi...
View ArticleRwanda: Beatrice Munyenyezi yasabiwe gufungwa ubuzima bwe bwose
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabiye Beatrice Munyenyezi gufungwa burundu ku byaha bumurega bya jenoside buvuga ko yakoreye mu mujyi wa Butare mu 1994, we yavuze ko yizeye ko ubucamanza buzamurekura...
View ArticleUmunyamakuru Nkundineza Yasabiwe Gufungwa Imyaka 10
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda burasabira umunyamakuru Jean Paul Nkundineza igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 no gutanga ihazabu ya 5 000 000 z’amafaranga y’u Rwanda. Buramurega ibyaha byo gutangaza amakuru...
View ArticleAmerika: Umuryango wa Eric Nshimiye Uregwa Jenoside Uremeza ko Arengana
Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, umuryango wa Eric Nshimiye uheruka gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano muri Leta ya Ohio akurikiranyweho ibyaha kubeshya no guhisha uruhare yaba yaragize muri...
View ArticleRwanda: Kayumba Innocent Uregwa Iyicarubozo Mu ma Gereza Yakatiwe Imyaka 15
Umucamanza mu rukiko rwisumbuye rwa Rubavu ruri ku Gisenyi mu Burengerazuba yahanishije Innocent Kayumba gufungwa imyaka 15 no gutanga ihazabu ya miliyoni eshanu. Yamuhamije icyaha cyo gukubita bo...
View ArticleEmmanuel Gasana wahoze ari umukuru wa polisi yakatiwe imyaka isaga itatu
Urukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwahamije Emmanuel Gasana wabaye umukuru w’igipolisi n’umuyobozi w’intara y’uburasirazuba icyaha cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko ku nyungu ze bwite . Ariko...
View ArticleVictoire Ingabire Yareze Leta y’u Rwanda Mu Rukiko Rwa EAC
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda Madamu Ingabire Victoire Umuhoza yareze leta y’u Rwanda mu rukiko rw’umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba ko yanze kumusubiza uburenganzira bwe. Ni...
View Article