Police idasanzwe yabyutse isaka muri gereza ya Nyanza
Yanditswe na Kantengwa Alice Amakuru agera kuri The Rwandan muri iki gitondo cye ku wa kane tariki ya 29 Ugushyingo 2018 ava muri Gereza ya Nyanza i Mpanga aravuga ko abapolisi bo mu rwego rudasanzwe...
View ArticleLeta y’u Rwanda izishyura Victoire Ingabire miliyoni 65 z’indishyi...
Urukiko nyafurika rw’uburenganzira bwa muntu ni rwo rwafashe icyo cyemezo ndetse rutanga amezi atandatu, atakubahirizwa hagatangira no kwishyuzwa inyungu. Minisitiri Johnston Busingye yavuze ko izo...
View ArticleDanmark:Wenceslas Twagirayezu yoherejwe kuburaniramu Rwanda
Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera Kuri The Rwandan ava mu umujyi wa København umurwa mukuru w’igihugu cya Danmark aravuga ko umugabo ufite ubwenegihugu bwa Danmark ukomoka mu Rwanda ubu twandika...
View ArticleUbushinjacyaha bugiye kujurira ku cyemezo cyo kugira abo kwa Rwigara abere!
Yanditswe na Marc Matabaro Umushinjacyaha Mukuru mu Rwanda, Jean Bosco Mutangana, yatangaje kuri uyu wa gatatu tariki ya 12 Ukuboza 2018 mu kiganiro n’itangazamakuru ko agiye kujuririra icyemezo...
View ArticleGereza ya Nyarugenge :Twagirayezu Wenceslas afungiye mu bubiko bw’ibyo kurya...
Yanditswe na Frank Steven Ruta Kuri uyu wa Kabiri, tariki 11 Ukuboza 2018, Igihugu cya Danemark cyohereje mu Rwanda Bwana Twagirayezu Wenceslas aho agomba kuburana ibyaha bya génocide ashinjwa, uyu...
View ArticleUMWAKA WA 2018 USIZE UBURENGANZIRA BW’IMFUNGWA BUHAGAZE BUTE MU RWANDA?
Hagiye humvikana abantu bamwe na bamwe bashima abandi banenga uko infungwa mu Rwanda zifatwa , hari bamwe bemeza ko zifatwa neza abandi nabo bakavuga ko zikorerwa iyicarubuzo. Reka turebe uko ibibazo...
View ArticleDUTABARIZE IMFUNGWA ZO MU RWANDA
Nushaka kumenya ububi cyangwa ubwiza bw’ ubutegetsi, amabanga yabwo , imikorere n’ imigambi yabwo , jya witegerezanya ubushishozi imibereho y’ abo bufunze , cyane abo bwita abanzi ! Imibereho y’...
View ArticleUmuryango wa Habyalimana wajuririye icyemezo cy’abacamanza b’abafaransa.
Yanditswe na Marc Matabaro Amakuru agera kuri The Rwandan kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Ukuboza 2018 aravuga ko umupfakazi wa Perezida Habyalimana yajuririye icyemezo cy’abacamanza b’abafaransa cyo...
View ArticleUrukiko rw’ikirenga rwemeye kwakira ikirego ku ngingo zimwe ziri mu gitabo...
Umucamanza mu rukiko rw’ikirenga mu Rwanda yemeje ko ikirego cya Me Richard Mugisha n’abamwuganira gifite ishingiro. Mu mpera za 2018 ni bwo Me Mugisha yaregeye zimwe mu ngingo z’amategeko zigaragara...
View ArticleUrukiko rwo muri Afurika y’epfo rwasomye ibaruwa ishinja u Rwanda kwica...
Iperereza ry’ubucamanza bw’Afurika y’epfo ku iyicwa rya Patrick Karegeya wahoze akuriye ubutasi bw’u Rwanda ryahagaritswe, ariko mu rukiko hasomewe ibaruwa ishobora guteza ibibazo. Iyo baruwa ivuga ko...
View Article