Gereza ya Nyanza: Dr Théoneste Niyitegeka arimo gutotezwa
Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu gihe mu Rwanda bavuye mu ikinamico ry ‘amatora y’abadepite agamije kujijisha isi yose no kwerekana ko Igihugu kigendera kuri demokarasi, niko ubutegetsi bwa Kagame...
View ArticleRwanda: Impamvu hafashwe abantu 5 bafite aho bahuriye na Dr Augustin...
Urwego rw’ubushinjacyaha rwirinze kugira byinshi ruvuga ku banyarwanda batawe muri yombi bakekwaho kwivanga mu byemezo by’inkiko ku rubanza rwa Augustin Ngirabatware ukekwaho uruhare muri jenoside...
View ArticleKizito yahagaritse ubujurire ngo yasabye imbabazi yaba agiye kurekurwa
Umuhanzi n’umuririmbyi w’icyamamare Kizito Mihigo na Demob Jean Paul Dukuzumuremyi basabye urukiko rw’ikirenga kureka ikirego cyabo cy’ubujurire. Bombi urukiko rukuru m u Rwanda mu 2015 rwabahamije...
View ArticleRwabuze gica hagati y’abo kwa Rwigara na Rwanda Revenue mu rukiko
Urukiko rw’ubucuruzi mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri rwumvise urubanza ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro kiregamo abanyamigabane b’uruganda rw’itabi rwa nyakwigendera Assinapol Rwigara. Icyo kigo...
View ArticleGereza ya Nyarugenge: KAMUALA MOLA yagaragajwe nyuma yo kwimurwa bimeze nko...
Yanditswe na Ben Barugahare Mu minsi ishize twabagejejeho inkuru y’umugororwa ufite inkomoko yo mu Gihugu cya Kenya witwa KAMUALA MOLA wari ufungiye muri gereza ya Nyanza, akaza gutwarwa tariki ya...
View ArticlePascal Kanyandekwe muri Gereza ya Mageragere!
Yanditswe na Ben Barugahare Amakuru agera kuri The Rwandan ava muri Gereza ya Nyarugenge iherereye i Mageragere aravuga ko Pascal Kanyandekwe yamaze kugezwa muri iyo Gereza akaba ayifungiwemo. N’ubwo...
View ArticleAbayoboke ba FDU Inkingi Bazaburanira mu Rugereko Rwihariye
Urukiko rukuru mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu rwatangaje ko rudafite ububasha bwo kuburanisha abayobozi n’abarwanashyaka b’ishyaka FDU Inkingi ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho. Umucamanza yahisemo...
View ArticleDr Niyitegeka Theoneste yamaze kwimurirwa muri gereza ya Rubavu
Dr Théoneste Niyitegeka Yanditswe na Frank Steven Ruta Mu gihe Président Paul Kagame akomeje kurangaza isi n’abanyarwanda ababwirako yatanze imbabazi za nyirarubeshwa, niko akomeje ibikorwa byo...
View ArticleDukuzumuremyi Jean Paul wari kumwe na Kizito Mihigo yamenyeshejwe. ko nta...
Yanditswe na Frank Steven Ruta Amakuru aturuka muri Gereza ya Nyarugenge iri mu Murenge wa Mageragere aravuga ko nyuma yo kurekura Madame Ingabire Victoire na Kizito Mihigo, hari benshi mu mfungwa za...
View ArticleUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwateye utwatsi ikirego cyatanzwe na Dr...
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwateye utwatsi ikirego cyatanzwe na Dr Theoneste Niyitegeka wareze komisiyo y’u Rwanda yo kurwanya jenoside CNLG, ruvuga ko nta shingiro gifite. Ni umwanzuro wafashe...
View ArticleDusobanukirwe ku mbabazi zahawe Kizito Mihigo na Victoire Ingabire
Yanditswe na Me Joseph Cikuru Mwanamaye Bavandimwe, Hari benshi bakomeza kwitiranya imbabazi Perezida Paul Kagame yatanze kuri INGABIRE na Kizito, bazigereranya n’izindi zitangwa mu bindi bihugu...
View ArticleSP KAYUMBA INNOCENT N’IYICARUBOZO RY’IMFUNGWA MURI GEREZA YA RUBAVU:...
SP Innocent Kayumba Nyuma y’aho yimuwe avanwe muri Gereza ya Nyanza akajyanwa muri Gereza ya Rubavu, Dogiteri Niyitegeka Theoneste arakorerwa iyicarubozo muri Gereza ya Rubavu ifatwa nk’urwiciro rwa...
View ArticleGereza ya Nyanza: guhiga bukware no gutoteza abafungwa baregwa ibyaha...
Yanditswe na Frank Steven Ruta Nyuma y ‘igikorwa cyo kwimura imfungwa zimwe mu mfungwa za politiki zirimo Déogratias Mushayidi, Dr Theoneste Niyitegeka, Col Habimana Michel, ubu gereza ya Mpanga...
View ArticleUrubanza rw’abo kwa Rwigara: Ubushinjacyaha ngo burimo gukora utugenegene...
Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yumvise ibisobanuro by’abunganira abo mu muryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara basaba gufungurwa by’agateganyo bakaburana bidegembya. Baravuga ko nibaramuka...
View ArticleUmunyamakuru Bob Mugabe yabwiye urukiko ko ibyo bamurega babidoze neza ku...
Umunyamakuru Robert Mugabe ushinjwa ibyaha byo gufata ku ngufu no gusambanya ku ngufu abakobwa bava inda imwe, yahakanye ibyaha aregwa avuga ko byadozwe. Saa munani n’iminota 20, mu ikositimu y’ubururu...
View Article